Ejo hazaza h’umunyarwanda ni habi cyane
Ntidukwiye kuba turyama nkuko numva babitubwira, kuko imvura ikubye uyireba ntiwanure ibyo wanitse bikanyagirwa igihombo cyose cyaba icyawe. Baratubwira amahoro i Rwanda njyewe nkumva bayatubeshya reka ntange umugabo w’icyenda, abize…