Birashoboka cyane kuva Prison ujya muri Présidence.
Amateka twayaherukaga ubwo umukambwe Nelson Mandela wafunzwe imyaka 27 yafunguwe n’ingoma ya bagashaka buhake y’abazungu, noneho nyuma y’igihe gito akaba président wa Afrika y’epfo.
SÉNÉGAL nayo itanze undi mwitangirizwa kubanyagitugu bafunga abanyapolitique batinya ngo barababuza kwiyamamaza kumwanya wa Président. BASSIROU DIOMAYE FAYE nyuma y’ibyumweru bibiri asohotse gereza yatorewe kuba président mushya wa Sénégal.


Ibi biraca amarenga ko rubanda irambiwe abanyagitugu bikanyiza bafungira ubusa abanyapolitique badashaka.
Birashoboka kuva mw’ishyamba ukibona mu Rugwiro. Ubundi uwari mu Rugwiro akibona i Rusororo mw’ilimbi akabura n’umuterera isengesho rimuherekeza cyangwa bamuririmbira indirimbo z’amaganya ndetse na Twaremewe kuzajya mw’ijuru.
Akarere mubyitege ko impinduka ziri bugufi aho muzabona mu Rugwiro hageze umuyobozi mushya yiviriye mw’ishyamba !
Inkotanyi zirarushywa n’ubusa ngo zirarwana i Congo zirwanya FDLR.
Nyamara uwahawe umugisha ntawe ushobora kuwumwambura.

UMURUNGI CHANTAL
Inkumi ya Rubanda !

By admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *