Birasanzwe ko mu ntambara amasasu cyangwa amabombe bishobora kwica abaturage badafite aho bahuriye n’imirwano kuburyo bw’impanuka bitagambiriwe Nyamara bimaze kuboneka ko FPR INKOTANYI n’amashami yayo muburasirazuba bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo RCD_CNDP_M23 kurasa mu kivunge cy’abaturage ndetse no guteramo za Bombe ari uburyo bwihariye aba bagome bo bakoresha kugira ngo Ubwinshi bw’abapfu n’impunzi bitere igitutu Leta maze yemere ibiganiro huti huti .

Twarabibonye mu ntambara FPR INKOTANYI zakoze mu Rwanda kuva 01/10/1990 twarabibonye kandi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo kuva 1996 kugeza uyu munsi kurasa mubabaturage bimaze kuba nk’ibintu bisanzwe narumiwe !

Twavuze kandi ubwicanyi ndengakamere bukorwa naba bagome burimo guca abantu amaboko, kubaca amaguru, amabere kubagore n’abakobwa , ndetse no guca ibitsina kubagabo ,ibi byiyongeraho no gahamba abantu ari bazima bikorerwa kuri za position za M23_RDF hirya no hino aho bafata Abagabo n’abasore uwo bajyanye ntagaruke. Ibi bitangazwa nabakeya bagira amahirwe yo kubatoroka nyuma y’igihe runaka baba bamaze bafungiye mu myobo.

Ikaze iwacu yigeze kubagezaho inkuru y’umugabo waciwe umutwe azira kutaboneka kuri Salongo INYANZARE. Twabagejejeho kandi inkuru y’umugabo wimyaka 56 waciwe ibirenge byombi mbere yokumwica IVICUMBI ya Kiwanja . rwose abaturage batuye aho M23_RDF igenzura bari mu byago bari mu kaga katagereranywa.

Kuri uyu wakane Tariki 01/08/2024 ishyano nkiryo ryagwiriye abaturage bahitwa GISEGURO muri Localité ya Binza M23_RDF yishe Abagabo babili 2 Urupfu rubi cyane nkuko biboneka kuri ayo mafoto nyuma yo kubahondura babaciye imitwe babicaza kugatebe maze buri wese bamupfumbatisha umutwe we mubiganza.

Iyi nkuru nyikoze mukinyarwanda kuko ubunyamaswa nkubu bukorwa nk’inkotanyi aha mukarere k’ibiyaga bigali bwatangiriye mu Rwanda aho inkotanyi zicaga zisatura abagore batwite aho inkotanyi zakoreshaga Barrière amara y’abantu ; beneyo bahagaze iburyo n’ibumoso bw’umuhanda nkibiti ibi byose nibyo birigukorerwa abakongomani mukarere M23_RDF igenzura. Urebye imirambo yabagore n’abana baboha barangiza bakobaroha mu migezi minini tutibagiwe abatwikirwa mu mazu wakumirwa.

Ningombwa ko buri wese uru rugamba arugira urwe tukarwanya aba bagome twivuye inyuma kuko bitabaye ibyo twazashira hagenda umwe umwe.

ni Ndindabahizi

By admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *