Umusaza Pasteur Ezra Mpyisi mucyigisho cye yahaye abakriso bo mw’itorero rye, yabwiye abanyarwanda bari bateraniye muri icyo giterane ko imfura ziba mu moko yose, ari abahutu, abatwa n’abatutsi. Yemezako muri ayo moko yose abamo n’ibigoryi bidatekereza.
Mugihe ingabo z’u Rwanda zihishe mugikote cya M23 zabangamiye bikomeye ingabo z’u BURUNDI ziri mu butumwa bw’umuryango wa Afrika y’uburasirazuba muri Republika iharanira démocratie ya Congo. Mugikorwa cyo kwanga ko ingabo z’u Burundi zigemurirwa ibiribwa n’ibindi bikoresho bibafasha mu kurangiza inshingano zabo mu mujyi wa Kitchanga na Mweso, RDF yibwiye ko iri kubahima kandi nayo iziko iri ku manegeka. Général Kabarebe ubwe yaciye amarenga ko hari gutekerezwa ho kuba nabo bahunga bagata igihugu.
Uko RDF yanze ko ingabo z’uburundi zigezwaho ibiribwa, ninako intore n’inkotanyi zishobora kuzasaba ubuhungiro i Burundi mugihe inkotanyi zizaba zabuze amajyo, ubwo murumva ko “AKEBO KAZAJYA IWAMUGARURA”!
Kwihenura kw’ibogoryi bimwe byo mu ntore bizakoza hasi abatutsi mukarere !
Mutegereze muzabibona bidatinze kandi muzatubwira, ko ibyo twababwiye byari ukuri.
RANGIRA Alphonse !