Mbere y’umwaka wa 1990 inkotanyi zitegura gutera u Rwanda, ibihuha byatambukaga mu bantu ko hari abantu bagiye gutera u Rwanda baturutse Ouganda. Byavugwaga ko ari abatutsi b’ingabo z’umwami Kigeli.
Mubyo bavugaga zizakora, bavugaga mo kuzica abahutu no kubatwara amazu yabo n’amasambu yabo.
Ntibyatinze ubwo bateraga u Rwanda abahutu barabyiboneye ko za ngabo bavuze koko zaje zica abaturage za Byumba na Ruhengeri. Ntacyo inkotanyi kandi zasigaga inyuma zitishe igihumeka, ngo zisenyere abaturage amazu yabo zitaretse n’ibikorwa remezo.
Abahanuzi n’abasesenguzi ku myifatire y’inkotanyi bavuze kuva cyera ko zifite “UBUGOME BW’AKATARABONEKA BURUTA UBUMARA BW’INZOKA Z’INKAZI NA SCORPIONS”.
Abaturage ba Mahoko rero ni ugushinyinyiriza kuko bwa BUGOME bwazo buzwi kuva cyera bwageze iwabo.
Gusenya niwo muco w’inkotanyi. Na RWIGARA wazihaye amafaranga yo gushyigikira intambara yazo zamusenyeye Hôtel ye, zimutwara n’uruganda rw’itabi, zirangije ziranamwirenza.
Za senyeye inzu ihenze umushoramari Mirimo hariya Nyabugogo!
Quartier yo muri Bannyahe i Kigali barayisenye bashyira hasi ntampuhwe.
Ingero z’amazu basenye muri Kigali ni nyinshi n’ahandi mu Ntara.
Ntimwibagirwe ko abaturage ba Mahoko ari abo mu bwoko bwanzwe n’inkotanyi muri iki gihe.
Zari zarabuze uko zibapyinagaza none zitwaje imvura ngo zibasenyere.
Inkotanyi zizatumara erega si abantu ni inyamanswa.
Ufite amatwi yo kumva yumve.
UMURUNGI CHANTAL
Inkumi ya Rubanda!